Ndayishimiye Eric

Kubijyanye na Wikipedia

Ndayishimiye Eric izwi nka Bakame w’imyaka 30 y’amavuko, ni umuzamu mu makipe yu mukipira wa maguru, umaze imyaka irenga 13 agaragaza ubushobozi bukomeye mi izamu, aho yamenyekanye mu mwaka w’imikino wa 2008-2009 ubwo yafashaga ATRACO FC kwegukana igikombe cya shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda, kuva 2009 kugeza 2013 uyu muzamu yakiniraga APR FC ayivamo yerekeza muri Rayon Sports atandukana nayo muri 2018 yerekeza muri AFC Leopards yo muri Kenya.[1] Mu mpeshyi ya 2019 ni bwo yasinyiye AS Kigali amasezerano y’imyaka ibiri yarangiye muri Nyakanga 2021, uyu muzamu ni umwe mu bakinnyi ngenderwaho mu Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi kuva muri 2008.[2][3]Ndayishimiye Eric Ubu ni Umukinnyi wa Bugesera football Club 2022/2023.Bugesera Fc

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.teradignews.rw/tag/ndayishimiye-eric-bakame/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-20. Retrieved 2022-09-17.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://inyarwanda.com/inkuru/76961/ndayishimiye-eric-bakame-utazakina-ari-mu-bakinnyi-18-bazahu-76961.html