Musanze Cycling Club

Kubijyanye na Wikipedia
Musanze
Amagare muri Musanze
Igare

Musanze Cycling Club ni Ikipe y’Amagare yashinzwe mu Ukwakira 2020 ifite intego yo kubaka ubunyamwuga muri uyu mukino ukunzwe n’abatari bake mu Rwanda no mu mahanga, iteganya kuzajya itegura amarushanwa y’uyu mukino kugira ngo irusheho gutanga umusanzu mu iterambere ryawo nk’imwe mu ntego yihaye ishingwa, ni imwe mu makipe 14 y’abagabo yitabiriye “Irushanwa ryo gukunda Igihugu” ryegukanywe na Areruya Joseph ukinira Benediction Ignite.[1] nimwe mu makipe ibarizwa mu banyamuryango ba Ferwacy, ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umukino wo gusiganwa ku Magare mu Rwanda.[2]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://mobile.igihe.com/imikino/amagare/article/musanze-cycling-club-irateganya-kujya-itegura-amarushanwa-yo-gusiganwa-ku
  2. https://mobile.igihe.com/imikino/amagare/article/musanze-cycling-club-irateganya-kujya-itegura-amarushanwa-yo-gusiganwa-ku