Murangwa Usenga Sandrine

Kubijyanye na Wikipedia

Murangwa Usenga Sandrine ni umutegarugori w’umunyarwanda akaba umusifuzi wo ku ruhande muri shampiyona m’umupira w’amaguru muri Cyiciro cya Mbere mu Rwanda.[1][2][3][4][5][6]

Ibyo yize anakoze[hindura | hindura inkomoko]

Murangwa Usenga Sandrine yize mu ishuri rikuru rya kaminuza ya K.I.E yiga uburezi n’asiporo. Murangwa akiri mu mashuri abanza yakina imikino jyarugamba, nyuma aza guhindura akina umupira w’amaguru n’amaboko ari mumashuri y’isumbuye. Yabaye umwarimu wa siporo muri gym kuri Hotel Alpha Palace muri 2009. Usenga kandi ni umutoza ngororamubiri kuri Stade Amahoro.[1][2][3]

Mu gusifura[hindura | hindura inkomoko]

Murangwa Usenga Sandrine  ni umusifuzi w’ imikino mpuzamahanga itegurwa na FIFA muri 2015 mu mupira w’amaguru ku isi, Abasifuzi bo ku mpande b’abagore .kandi yonjyeye kuza kuri urwo rutonde muri 2018, nanone kandi yagaragaye kuri urwo rutonde muri 2020.[4][5][6]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://www.igihe.com/imikino/article/bamwe-mu-banyarwandakazi-bamamaye-kubera-siporo-amafoto
  2. 2.0 2.1 https://www.igihe.com/imikino/article/bamwe-mu-banyarwandakazi-bamamaye-kubera-siporo-amafoto
  3. 3.0 3.1 https://www.newtimes.co.rw/article/65833/
  4. 4.0 4.1 https://www.teradignews.rw/fifa-yatangaje-abasifuzi-babanyarwanda-bemerewe-gusifura-imikino-mpuzamahanga-2018/
  5. 5.0 5.1 https://inyarwanda.com/inkuru/61374/ishimwe-claude-niyonkuru-na-karangwa-bongewe-ku-rutonde-rw-abasifuzi-fifa-izakoresha-mu-mwaka-wa-201-61374.html
  6. 6.0 6.1 http://www.isimbi.rw/siporo/article/abasifuzi-17-b-abanyarwanda-nibo-bazasifura-imikino-ya-fifa-umwaka-wa-2020