Mupiganyi Appolinaire

Kubijyanye na Wikipedia

Mupiganyi Appolinaire ni umunyarwanda, akaba ari umuyobozi nshingwabikorwa w'ishami ry'umuryango urwanya ruswa n'akarengane mu Rwanda (mu cyongereza: Transparency International Rwanda).[1]

Uburezi[hindura | hindura inkomoko]

  • Mupiganyi afite impamyabumenyi y'icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu ishami ry'imiyoborere y'ubucuruzi, yakuye muri kaminuza ya Neuchatel ibarizwa mu gihugu cy'Ubusuwisi.[2]
  • Impamyabumenyi y'ikirenga yungirije mu ishami ry'imiyoborere y'imishinga mpuzamahanga, yayiboneye muri Kaminuza yo muburengerazuba bwa Switzerland.[2]

Imirimo[hindura | hindura inkomoko]

Mupiganyi afite uburambe bw' igihe kirenga imyaka makumyabiri aho yagiye akora mu bigo by'igenga ndetse no mu miryango itegamiye kuri leta.

  • Guhera mu mwaka wa 2007 yakoraga Umuryango urwanya ruswa n'akarengane.[2]

Reba Aha[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://imvahonshya.co.rw/icyatumye-u-rwanda-rwongera-amanota-yo-kurwanya-ruswa-ku-isi/
  2. 2.0 2.1 2.2 https://18iacc.sched.com/speaker/apollinaire_mupiganyi.1ynoarfu