Munyaneza Didier

Kubijyanye na Wikipedia
Igare

Munyaneza Didier wiyita Mbappe yavutse 1 ukuboza 1998, umukinnyi w'igare watangiye gusiganwa ku magare muri 2016 akinira ikipe ya Benediction excel enegy Club y’i Rubavu yegukanye Tour du Senegal yari imaze imyaka 10 yarananiye Abanyafurika, aho yafashe umwambaro w’umuhondo muri iri siganwa kuva ku munsi kuwa mbere w’ isiganwa kugeza azote irushanwa. ni nyuma aho yabaye uwa kabiri mu gace ka mbere ka Tour du Cameroun.[1][2] Munyaneza niwe wegukanye shampiyona y’u Rwanda yo gusiganwa ku igare umuntu ku giti cye mu Bugesera aho yakoresheje ku ntera ya Km 34 asimbura Areruya Joseph wari watsinze iyo mu 2019.[3] Yabaye kandi umukinnyi ukiri muto witwaye neza kurusha abandi muri La Tropicale Amissa Bongo.[4]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/didier-munyaneza-yahesheje-ishema-u-rwanda-yegukana-tour-du-senegal
  2. https://www.eurosport.com/cycling/didier-munyaneza_prs481701/person.shtml
  3. http://www.ferwacy.rw/?munyaneza-didier-yegukanye-shampiyona-basiganwa-umuntu-ku-giti-cye
  4. http://isimbi.rw/siporo/article/amarangamutima-y-umukinnyi-munyaneza-didier-nyuma-yo-kwibaruka-umwana