Mukeshimana Laurence Samillah

Kubijyanye na Wikipedia

Mukeshimana Laurence Samillah ni umunyarwandakazi akaba umunyamakurukazi wari wara bigize umwuga ukora inkuru zi mikino na siporo bitandukanye . Mukeshimana Laurence Samillah yakoze kubitangazamakuru byari bigiye bitandukanye haba ibinyamakuru byandika cyangwa se na radiyo, yakoze kubitangazamakuru bitandukanye nka Fine FM yakomeje akazi ki bitangazamakuru rya siporo kuri Fine FM aha hose yavugaga imikino n’inkuru za siporo. Mukeshimana Laurence Samillah abarizwa mu ishyirahamwe rya banyamakuru ba siporo AJSPOR. Mukeshimana Laurence Samillah  ni umufana wa Manchester United yo mu gihugu cyu bwongereza ku mugabane w'iburayi . [1]

Mu itangazamakuru[hindura | hindura inkomoko]

Mukeshimana Laurence Samillah yagiye agaragara mu marushanwa atandukanye atari amwe aho yagiye abera mu gihugu cyu Rwanda ndetse hamwe no m'u mahanga, aho yagiye kandi y'itabira amarushanwa atandukanye, umupira w'amaguru yaba ari aya bahugu cyangwa abakobwa, yagiye agaragara nanone yitabiriye mu marushwa atandukanye yo gusiganwa ku ma gare , nkaho yaje kuba umwe mubari bakora itangazamakuru bari bari muri Tour du Rwanda, aho y' a fataga amafoto, inkuru zi cukumbuye, ndetse n'ibiganiro kuri radiyo, akorera ikigo cy'itangazamakuru cya Fine FM Rwanda .[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://mobile.igihe.com/imikino/article/ntibagoheka-mu-guhihibikanira-iterambere-ryayo-abanyamakurukazi-bari-muri