Mukandayisenga jeannine

Kubijyanye na Wikipedia

Mukandayisenga Jeannine, Umukinnyi wumupira wamaguru mubagore wavukiye Ikarama Mukarere ka Nyagatare.[1]

Urugendo muri Football[hindura | hindura inkomoko]

Mukandayisenga Jeannine kimwe nkabandi bakinnyi Bose yatangiye gukina Akiri muto Afite Imyaka 10 Mumashuri aho yakiniraga ikigo yigagaho Inyagatare.

Arinaho Byavirimo abatoza bo mukiciro kambere mubagore kumubona Ahava ajya mwikipe ya Inyemera WFC yigicumbi ahakina imyaka ibiri ubu akaba akina muri Rayon sports WFC.[2]

Amakipe yanyuzemo[hindura | hindura inkomoko]

Mukandayisenga Jeannine uzwi kukazina ka "Kaboy" yanyuze mumakipe atandukanya Mu Rwanda.

1.Inyemera WFC

2.Rayon sports WFC nikipe yigihugu Amavubi Women Football National Team.

Ibikombe yatwaye[hindura | hindura inkomoko]

Shampiyona Imwe na Rayon sports WFC 2023/2024

Ibihembo yegukanye[hindura | hindura inkomoko]

Mukandayisenga Jeannine yegukanye igihembo cy'ukwezi 10/2023 cyumukinnyi mwiza wa Rayon sports WFC [3]

Iriburiro[hindura | hindura inkomoko]

https://mobile.igihe.com/imikino/football/article/imiterere-ye-n-ibanga-ry-intsinzi-menya-byinshi-kuri-kaboy-wa-rayon-sports-y

https://www.rwandamagazine.com/imikino/article/herthier-nzinga-luvumbu-na-mukandayisenga-jeanine-batowe-nk-abakinnyi-beza-b