Jump to content

Muburezi hakozwe iki kubafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

UBUREZI KUBAFITE UBUMUGA

[hindura | hindura inkomoko]

Ndayisaba avugako ubu abafite ubumuga basigaye biga .

[hindura | hindura inkomoko]
Abafite ubumuga


Ati simvuzeko bose basigaye biga ariko harinambwe imaze guterwa , ubu

ugiye mumashuri y'inshuke usangamo abafite ubumuga ndetse no muyisumbuye ,

tujyezeho abafite ubumuga batabonye buruse ubu twumvikanye nikigo gishinzwe

amashuri makuru .[1] HEC kuburyo dukora urutonde rwabafite ubumuga

tukarwoherezayo ikabaha buruse bakajya kwiga namafaranga batanze .[2]


Ubu ngo turimo kuganira aba bantu bacu bahabwe buruse bajye kwiga hanze

Abafite ubumuga
Abafite ubumuga

bagaruke baza kwita kubafite ubumuga.[3] yavuzeko ubu abafite ubumuga bwo kutumva

no kuvuga turimo gutegura inkoranyamagambo yururimi rw'amarenga, turashakako

tujyira inkoranya magambo ishingiye kumuco wacu, kuba rwakemerwa

Abafite ubumuga

yewe ndetse kubutyo ruzajya rujya rwijyisha nomumashuri.[4]

Abafite ubumuga

1.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

2.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

3.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

4.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima