Mazimpaka Hortense

Kubijyanye na Wikipedia

Mazimpaka Hortense Ni Umuvugabutumwa muri Believe church center mu Rwanda [1]

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Pasitei Mazimpaka Hortense yabaye umuyobozi wa zion temple aho bakunda kwita kwa gitwaza igihe cyingana Nimyaka 6 Nibwo Yandikiye Dr Aposlte Gitwaza Paul asezera ku umurimo mu 2017 .Mazimpaka Hortense Ari mu bavugabutumwa bafite igikundiro muri iyi minsi by’umwihariko bitewe n’ubutumwa bukubiye mu ijambo agabura.Pasiteri Mazimpaka kandi yanashyize imbaraga mu gutanga inyigisho ziganisha ku kubaka umuryango binyuze mu nama z’uburyo bwo kubaka urugo rugakomera.[2]

Inama[hindura | hindura inkomoko]

Mazimpaka Arongera yibutsa abantu Kwiringira Imana aho yagize at : Zaburi 20:8 Bamwe biringira amagare, Abandi biringira amafarashi, Ariko twebweho tuzavuga izina ry’Uwiteka Imana yacu.[3]

Ibindi Wabera[hindura | hindura inkomoko]

youtube channel :

Referances[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://umuryango.rw/ad-restricted/article/pasiteri-hortense-mazimpaka-yagaragaje-ibimenyetso-biranga-umuntu-wibwira-ko
  2. https://umuryango.rw/ad-restricted/article/pasiteri-hortense-mazimpaka-yagaragaje-ibimenyetso-biranga-umuntu-wibwira-ko
  3. https://umuryango.rw/ad-restricted/article/pasiteri-hortense-mazimpaka-yagaragaje-ibimenyetso-biranga-umuntu-wibwira-ko