Kumenya ko Umwana afite ubumuga akiri muto

Kubijyanye na Wikipedia

Kuri ubu habonetse ibitabo bizajya byifashishwa mu kuba hamenyekana ko Umwana afite ubumuga akiri muto bigatahurwa.

Ibyo Wamenya kuri iyi gahunda[hindura | hindura inkomoko]

Ni ibitabo bikubiyemo kuba hamenyekana ibishobora kuba byagenderwaho hamenyekana niba Umwana ashobora kuba cyangwa afite kuba yaravukanye ubumuga runaka, hakaba hamenyekana uko yakurikiranwa hakiri kare akiri muto. Ibyo bifasha mu kugaragaza uburyo Umwana agenda akura ku buryo Umuntu ashobora kureba uburyo cyangwa urwego ariho bikajyanishwa n'intera yakagombye kuba ariho nuko yafashwa. [1]Ikindi mu gutahura abafite ubumuga hakiri kare ni uko ufite ubumuga yaba anafite ubwishingizi gusa kandi harinubwo usanga hari ibitaro byateye imbere bishobora gufasha abafite ubumuga guhangana na bwo mukubitaho,ikibazo kiba cyaba ari uko ibitara bishobara kuba bidakorana n'ubwishingizi kandi gukurikirana ubumuga byaba bihenze.[2]

Mubindi Wamenya[hindura | hindura inkomoko]

Agashami gashinzwe kwita kubafite ubumuga bavuga ko ubusanzwe abaganga n'abanti bantu bita k'umwana wavutse batabaga bafite uburyo batahura ko afite ubumuga,ariyo mahirwe yandi yaraje y'ibyo bitabo bifasha mukuba hamenyekana abafite ubumuga hakiri kare, Ni ukuvuga ngo umwana yashoboraga kuvuka ariko umujyanama w'Ubuzima cyangwa umuryango avukamo ntibabashe kuba babona ko umwana afite ubumuga bikagera ubwo Umwana atagishobora gufashwa, icyafashwa n'izo nyakindo zishobora gufasha mubukangurambaga. [3]Bumwe mu umuntu ufite ubumuga ashobora kuvukana bwakitabwaho hakiri kare umwana aka yabasha kuba yakira ubumuga bwitaweho hakiri kare ni ubumuga bw'ibirenge,bumwe umwana abagendesha igice cyo hejuru, ikirenge kidafite ubworo, imitego n'abafite ubumuga bwo m'ubwonko.Gahunda ya Leta y'uRwanda mu guhangana n'icyokibazo yashizeho ibitaro bitandukanye kurutonde bitanga serivise zisumbuyeho ariko bakorana n'abafite ubwishingizi. Ibyo bikorwa byiyongera kuri gahunda yatangijwe yogushira mubitaro serivisi z'umwihariko zifasha abafite ubumuga.[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/minisante-yamuritse-ibitabo-bizafasha-mu-gutahura-ubumuga-bw-umwana-akiri-muto
  2. https://www.kigalitoday.com/ubukungu/iterambere/article/dore-ibyo-ukwiye-kumenya-kuri-gahunda-ya-vup-kugira-ngo-ikunganire-ikwigishe-iguhe-inguzanyo-igice-cya-kabiri
  3. https://inyarwanda.com/inkuru/112730/rubavu-babana-nubumuga-bwo-kutavuga-no-kutumva-ariko-bazi-kubyina-cyane-twabasuye-bahishur-112730.html