Kuhira imyaka

Kubijyanye na Wikipedia
Kuhira Imyaka

Intangiriro[hindura | hindura inkomoko]

Abaturage bo mu murenge wa Ndaro mu karere ka Kayonza barasaba ubuyobozi ko ibikoresho byo huhira imyaka buzwi nka kubera amapfa akunze kwibasira umurenge wabo bigatumabatihaza mu biribwa.[1][2][3][4]

Kuhira[hindura | hindura inkomoko]

Abaturage bavuga ko nubwo bafite ubutaka bwiza bwo guhinga bahura n'ikibazo cy'amapfa ntibabone umusaruro ukwiye. abahinzi bavugako bahinga ntibeze kubera kubura imvura ihagije yakeza imyaka bahinze uretse kuba bagoobokwa na leta ikabaha ibiribwa. Basaba leta ikwiye kudashakira uko bagezwaho gahunda yo kuhira imyaka bugezweho nk'ubukoreshwa na sosiete zikorera muri iyi mirenge.[1]

Kuhira Imyaka

Ibindi[hindura | hindura inkomoko]

Umurenge wa Ndego ni umurenge y'akarere ka Kayonza irimo ibiyaga nka Ihema byakifashishwa mu kuhira imyaka y'abaturage mu gihe leta yababoner imashini nini zifashishwa mu kuhira ku buryo bugezweho burimo n'ubukoresha ikoranabuhanga.[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 1.2 https://bwiza.com/?Kayonza-Abaturage-bibasirwa-n-amapfa-barasaba-Leta-kubagezaho-uburyo-bwo-kuhira
  2. https://www.isangostar.rw/iburasirazuba-udukoko-twateje-ikibazo-ibiti-byimyembe-hari-impungenge-ko-yaba-amateka
  3. https://umuseke.rw/2021/10/kayonza-hatangijwe-umushinga-wo-gutera-ibiti-byimbuto-ibihumbi-400-mu-kurwanya-inzara/
  4. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/kayonza-umunsi-mpuzamahanga-w-umugore-watangiranye-no-gutera-ibiti