Kibogora health center
ibitaro bya kibogora
Mu mwaka wa 2017 nibwo ibitaro bya kibogora heath center byahawe imashini
nshya zibafasha kureba amafoto y'agace ko kw'igufa bashaka kubaga , kuko
mbere byara bagoraga kubaga bityo bigatuma babaga abarwayi bake .[1][2]
icyo wa menya kuriyo mashini[hindura | hindura inkomoko]
iyi machini yo mu bwoko bwa C-arm igura asanga million 75 z'amafaranga y'urwanda.
yatanzwe ku nkunga ya rotary club ya kigali, niyo mu budage na rotary club international.
ubuyo bozi buvugako bari basanzwe bakoresha uburyo bwa kera butuma bamara
igihe kinini babaga igufa ry'umurwayi kandi bagasubiramo inshuro nyinshi kubera
kutabona neza aho babaga.
icyi cyuma kizenguruka umurwayi gitata amafoto yaho babaga cyangwa se aho bakeneye
kubaga , impamvu cyaje kubitaro bwa Kibogora Health Center nuko hari abaganga
bafatanya basanzwe ahakorere nkaba korana bushake rero byarabagoraga cyane
kuburyo bagize igitekerezo cyo kuba bashaka iyi machini yo mubwoko bwa C-Arm.
Abayobozi bavugako ubu basigaye abaga abarwayi babo neza kuko imashini ibafasha