Jump to content

Iterambere nibikorwa bidaheza abafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

IBIKORWA BIDAHEZWA ABAFITE UBUMUGA[hindura | hindura inkomoko]

Mu butumwa rusange ku bitabiriye ibirori byo gutanga ibyo bihembo hagaragajwe ko buri wese akwiye kujyira uruhare muguharanira ko abantu bafite ubumuga bagira uburenganzira nk'ubw'abandi, kandi ko abahawe ibihembo bakwiye kubera abandi urugero mugukomeza kubera abandi urugero mugukomeza guteza imbere mubikorwa bidaheza abafite ubumuga.[hindura | hindura inkomoko]

Hahembwe kandi abanyeshuri biga muri IPRF Kicukiro, nkabafite umushinga mwiza ufite agashya gashobora gufasha abafite ubumuga , aho bakoze igare rishobora gufasha ubumuga rikoresheje kwitwara bisabye ko bamusunika ahubwo rigasaba ijwi mu kwitwara.[1]


Hanahembwe kandi ibigo bitandukanye bisanzwe bitanga serivisi birimo iby'imari,ubucuruzi bwagutse birimo stafford Coffee Brewerty ltd igikoresho abakozi bakoresha bafite ubumuga kandi kigaragazako batanga umusaruro kandi ko kizakomeza kubongera.[2]


Umunyamabanga Nshingwa bikorwa w'Inama y'Igihugu y'abafite ubumuga Ndayisaba Emmanuel, yavuzeko hatewe intambwe ikomeye imaze mu rugendo rwo gushikira abafite ubumuga. agari ati ibigo bitandukanye bikwiye kwimakaza ihame ryo kudaheza abafite ubumuga kuko nabo bashoboye kandi ko munzego zose bakoramobashobora gutanga umusaruro.[3]

indanganturo[hindura | hindura inkomoko]

1.https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abateza-imbere-ibikorwa-bidaheza-abafite-ubumuga-bashimiwe

2.https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abateza-imbere-ibikorwa-bidaheza-abafite-ubumuga-bashimiwe

3.https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/abateza-imbere-ibikorwa-bidaheza-abafite-ubumuga-bashimiwe