Inyubako zorohereza abafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

Itegeko rirengera abafite ubumuga mu ngingo yaryo ya 25 na 26, ritegeka ko inyubako zose zigomba kuba zorohereza abafite ubumuga gukoresha iyo nyubako by'umwihariko kugera aho serivise bashaka zitangirwa.[1]

Amabwiriza[hindura | hindura inkomoko]

Umutwe wa Gatandatu w’Itegeko no 01/2007 ryo ku wa 20/01/2007 rirengera abantu bafite ubumuga muri rusange, uvuga ko inyubako zitanmgirwamo serivisi zitandukanye zigenewe abaturage zigomba kuba ziteye ku buryo zorohereza abafite ubumuga kugera aho izo serivisi zitangirwa.[2]

Indanganturo

  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/mininfra-yakebuye-abasondeka-inzira-z-abafite-ubumuga-zishyirwa-ku-nyubako
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2024-01-19. Retrieved 2024-01-19.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)