Inyanja itukura

Kubijyanye na Wikipedia

Muri Bibiliya havugwa inkoni Mose yakubise mu Nyanja Itukura igatandukana Abisiraheli bakayambuka.[1]

Imiterere[hindura | hindura inkomoko]

Bisaba amasaha atandatu n’iminota 20 kuva i Kigali kugera mu murwa mukuru wa Misiri ari wo Cairo. Iyo ugeze muri uyu mujyi ufata indege ikugeza mu Mujyi wa Sharm El Sheikh ari na ho haherereye Inyanja Itukura.

Umuntu umenyereye ubuzima bwa Kigali abanza kugorwa n’ubushyuhe bwo muri aka gace cyane ko bigoye kubona umuntu wambaye yifubitse.[1]

Ikintu cya mbere gitangaje ubona ukigera muri uyu murwa ni ibiti bitoshye ariko bavuga ko bisaba kubyitaho cyane ukabivomerera kuko utabikoze gutyo bitaramba.[1][2][3]

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 1.2 https://www.kigalitoday.com/ubukerarugendo/ahantu/article/dutemberane-ku-nyanja-itukura-aho-bivugwa-ko-mose-yakoreye-igitangaza-amafoto
  2. https://radiopublic.com/radio-rwanda-6vdQxQ/s1!125ee
  3. https://www.jw.org/rw/isomero/ibitabo/amateka-ya-bibiliya/2/mose-inyanja-itukura/