Inkoranyamagambo y'ururimi rw'amarenga

Kubijyanye na Wikipedia

mu Rwanda inama y'igihugu y'abantu bafite ubumuga yamuritse inkoranyamagambo nyarwanda izajya[1]

yifashishwa muguhuza abantu bafite ubumuga bwo kutumva no kutabona ndetse n'abantu badafite ubumuga

Imikoreshereze n'ibiyigize[hindura | hindura inkomoko]

iyi nkoranyamagambo igizwen'amarenga ibihumbibibiri 2000 ari mundimi z'ikinyarwanda ndetse n'icyongereza[2]

yatangiye gukoreshwamu Rwanda ku itariki 3 ukuboza 2023 ubwo u Rwanda rwifatanyaga n'Isi yose kwizihiza

umunsi mpuzamahanga wahariwe abantu bafite ubumuga[3]

Umusaruro[hindura | hindura inkomoko]

muri uwo muhanngo umuyobozi wa NCPD Oliva Mbabazi yavuze ko ugiye kwizihizwa kunshuro ya 31 mu gihe mu Rwanda

hari byinshi bishimira bimaze kugerwaho harimo nko kuba abantubafite ubumuga batagihezwa ahubwo basigaye bahabwa

amahirwe angana nayabandi banyarwanda muri rusange badafite ubumuga[4]

Ishakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/hamuritswe-inkoranyamagambo-y-ururimi-rw-amarenga
  2. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/inkoranyamagambo-y-ururimi-rw-amarenga-nyarwanda-izamurikwa-mu-ukuboza
  3. https://ijambo.net/content/Hagiye-kumurikwa-inkoranyamagambo-yabafite-ubumuga-bwo-kutumva-no-kutabona.php
  4. https://kiny.taarifa.rw/u-rwanda-rwasohoye-inkoranya-yururimi-rwamarenga/