Ingabire Egidie Bibio

Kubijyanye na Wikipedia

Ingabire Egidie Bibio ni umunyarwandakazi ukora umwuga w'itangazamakuru ku ikigo cy'igihugu cy'itangazamakuru mu Rwanda RBA, aho asoma amakuru mu rurimi rw'ikinyarwanda, akayobora ibiganiro, ndetse akaba agaragara nk'umuyobozi w'ibiganiro bitandukanye, yabaye kandi umushyushyarugamba ndetse yaje kuba n'omukanama gatora Miss Rwanda 2022, mu bihe bitandukanye .[1][2]

Ubuzima Bwite.[hindura | hindura inkomoko]

Ingabire Egidie Bibio nibwo kuya taliki 5 Kanama 2012 yasezeranye na Sam Mandela kuba umugore we ndetse no kuzabana akaramata, akaba ari umugore yabyaye abana ndeetse n'abandi arera .[3][4]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.teradignews.rw/rw/ishimwe-rya-dj-briane-kuri-hon-eduard-bamporiki-na-ingabire-bibio/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2023-08-04. Retrieved 2023-08-04.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://yegob.rw/ni-umugore-akaba-mutima-wurugo-ni-mushiki-wanjye-nkunda-kandi-nishimira-munyakazi-sadate-wigeze-kuyobora-rayon-sports-yikojeje-mu-bitabo-byinganzo-ni-uko-maze-atakagiza-umunyamakuru-wa-televi/
  4. https://inyarwanda.com/inkuru/40707/nababajwe-no-gusohoka-iwacu-mu-rugo-ku-munsi-w-ubukwe-bwanjye-egidie-bibio-40707.html