Indwara yo Kuva

Kubijyanye na Wikipedia
Indwara yo kuva.

Mu bihugu 75 byihariye, 95% by’abagore bapfa babyara n’abana bapfa bari munsi y’imyaka itanu, yerekana ko u Rwanda ruri mu bihugu bine byabashije kugera ku ntego z’ikinyagihumbi ziteganya ikigero impfu z’abana n’ababyeyi zigomba kuba zaragabanutseho muri 2015.[1][2][3]

Mu Rwanda[hindura | hindura inkomoko]

ndwara yo kuva (Haemorrhage) ihitana 25% by’abagore bose bapfa babyara mu Rwanda, umuvuduko w’amaraso ugahitana 16% byabo naho gukuramo inda bigahitana 10%.Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubuzima, Nathan Mugume avuga kuri iyi raporo, yabwiye IGIHE ko nta byinshi yayitangazaho kuko atarayibona gusa yemeza ko u Rwanda ari igihugu cyateye intambwe ishimishije mu kugabanya imfu z’abagore bapfa babyara nubwo ‘ari urugendo rugikomeje’.[4][5][6]

Referances[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/Gatsibo-Barashakira-igisubizo-impfu-z-abana-n-ababyeyi-bapfa-babyara
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-30. Retrieved 2022-09-30.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://rwandamilitaryhospital.rw/index.php?id=23&L=1
  4. "Archive copy". Archived from the original on 2022-09-30. Retrieved 2022-09-30.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  5. https://www.rba.co.rw/post/Imibare-irivugira-Mu-myaka-26-ishize-abagore-bapfa-babyara-baragabanutse-cyane
  6. https://rwandamilitaryhospital.rw/index.php?id=23&L=1