Jump to content

Imiryango yabafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

IMIRYANGO YABAFITE UBUMUGA

[Hindura | hindura inkomoko]

Imiryango yabafite ubumuga m'Urwanda ihangayikishijwe no gutungwa n'inkunga z'amahanga .

[Hindura | hindura inkomoko]


Imiryango yita kubafite ubumuga mu Rwanda ishimako hari byinshi leta yakoze

birimo gushyirwaho amategeko akumira ihezwa mubuyobozi cyangwa muri sosiyete

ariko isigaranye ikibazo cy'ingutu cyoguhora iteze amaso inkunga z'amahanga.


Abahagarariye imiryango bagaragaje izi mungenge munama nkuru yabafite

ubumuga mu Rwanda yateraiye ikigali kuwa 26 kamena 2018. Bizimana Dominique

uyoboye ihuriro ry'imiryango 13 yita kubafite ubumuga bo m'uRwanda, yavuzeko

bafite imungenge z'inkunga bahora bateze ku mahanga bakifuzako leta yagira

uruhare mukubafasha murwego rwo kwijyira.


Yakomeje avuga ko bamaze iminsi mubiganiro na leta y'u Rwnda muri gahunda yo kwigira

kugira ngo habeho ko yajya ibaha inkunga aho gutegereza inkunga za amahanga .

Yavuze kandi ko imwe muri iyi miryango iri muri NUDOR igenda icika inege hakaba

n'igenda ifunga imiryangokumamvu za amikoro no kubura aho ikorera.

indankanuro

[Hindura | hindura inkomoko]

1.https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imiryango-y-abafite-ubumuga-mu-rwanda-ihangayikishijwe-no-gutungwa-n-inkunga-z

2.https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imiryango-y-abafite-ubumuga-mu-rwanda-ihangayikishijwe-no-gutungwa-n-inkunga-z

3.https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imiryango-y-abafite-ubumuga-mu-rwanda-ihangayikishijwe-no-gutungwa-n-inkunga-z

4.https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imiryango-y-abafite-ubumuga-mu-rwanda-ihangayikishijwe-no-gutungwa-n-inkunga-z

5.https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/imiryango-y-abafite-ubumuga-mu-rwanda-ihangayikishijwe-no-gutungwa-n-inkunga-z