Ikiyaga cya Nyirakigugu

Kubijyanye na Wikipedia

ikiyaga cya Nyirakigugu giherereye mu murenge wa Jenda mu Karere ka Nyabihu.[1] Ikiyaga cya Nyirakigugu abagituriye bavuga ko cyavutse mu mwaka wa 1963, ubu kimaze kugira amazi menshi.[2] Iki kiyaga cyatangiye ari umugezi muto ugenda ukura gacye gacye kuburyo ubu hari nabahafata nkaho ari ahantu nyaburanga wajya gusura.[3]

Ibindi[hindura | hindura inkomoko]

Ayamazi yatangiye yigaragaza nk’umugezi muto ku buryo hari nabahafataga nk’ubwiza nyaburanga bwarangazaga abagenzi muri aka gace ariko ngo  akaba arinaho hasenyeyeho bamwe amazu, ubu buyobozi buvuga ko icyi cyiyaga nigikomeza gukaragaza imbaraga abatishoboye bazafashwa kwimuka , ni mu gihe n’abo amazi yatangiye gusanga mu nzu zabo bakibaza icyereke cyako uko kizagenda.[1]

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://www.rwandayacu.com/nyabihuabaturiye-ikiyaga-cya-nyirakigugu-barasaba-ubuyobozi-kwimurwa-bakajya-ahari-umutekano/
  2. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyabihu-ikindendezi-cya
  3. https://web.archive.org/web/20230327081911/https://ibicu.com/abaturiye-ikiyaga-cya-nyirakigugu-ubuzima-bwabo-buri-mu-kaga/