Ihame ry'uburinganire mu burenganzira ku buzima

Kubijyanye na Wikipedia

UBURINGANIRE[hindura | hindura inkomoko]

Ihame ry'uburinganire n'ubwuzuzanye mu Rwanda rimaze gushinga

WE ARE THE SAME

imizi kuburyo budasubirwaho mu gihe hakiri ibihugu bimwe kw'isi

aho usanga havugwa ibikorwa bimwe na bimwe by'abagabo bakavivuga

imyato, Gusa kandi hari n'Abagore b'intwari bakoze ibikorwa by'indashyikirwa

ibikorwa by'ikitegererezo muri sosiyete. [1] [2]

INTEGO[hindura | hindura inkomoko]

Intego ya PNUD mu Rwanda itangirira ku kwemera ko abantu bose bareshya.

u Rwanda rwiyemeje no gukomeza gushira mu bikorwa politiki na gahunda

zafasha mu iterambere ry'abanyarwanda bose harebwa neza kurushaho ko

ntanumwe wa tereranwe. [3] ibitsins byombi kugipimo kimwe, ubwuzuzanye

bwa nyabwo nu bufatanye hagati y'abantu bose aho usanga abagabo n'abagore

babigiramo uruhare rungana.

amashakiro[hindura | hindura inkomoko]