Igishanga cya bugarama

Kubijyanye na Wikipedia

Ikibaya cya Bugarama gifite ubuso busaga hegitari 1500 buhingwamo umuceri.[1]

Ibindi[hindura | hindura inkomoko]

Igishanga cya Bugarama ni kimwe mu binini biri mu Rwanda bikorerwaho ubuhinzi, aho kingana na hegitari 1 500. Umusaruro w’abahinzi bo muri iki gishanga ugurwa n’inganda enye zitonora umuceri[2]

Mu kibaya cya Bugarama ni hamwe mu hakunze gukorerwa imirimo y’ubucuruzi bunyuranye kandi bukitabirwa n’abanyamahanga barimo n’abo mu gihugu cy’u Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. [3]

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/ubuhinzi/ubuhinzi/article/basuye-igishanga-cya-bugarama-ngo-bige-uko-babungabunga-amazi-yuhira-umuceri
  2. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/bugarama-abahinzi-b-umuceri-bakeneshejwe-n-umusaruro-wabo-utaraguzwe
  3. https://mobile.igihe.com/ubukungu/ishoramari/abaturiye-ikibaya-cya-bugarama-bashyizeho-sosiyete-y-ishoramari