Igishanga cya Rugende

Kubijyanye na Wikipedia

Igishanga cya Rugende nigishanga giherereye mukarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali Kandi nigishanga gikora kuturere tubiri aritwo Gasabo na Rwamagana.[1]

Ibihingwamo.[hindura | hindura inkomoko]

Igishanga cya Rugende Gihingwamo Umuceri.

Nyuma yaho Umujyi wa Kigali ufashe umwanzuro wo kubungabunga ibishanga nakubitunganya, Igishanga cya Rugende nacyo Kiri mubishanga byatunganyijwe bikorwa neza bihingwamo ibihingwa bihabereye.[2]

Igishanga cya Rugende kandi Kiri mibishanga 400 byatunganyijwe

Mubizahingwamo Umuceri ubutubuzi bw'Imbuto y'Ibigori n'ubwatsi bw'amatungu.

Ibirushijeho