Igishanga cya Mugonero

Kubijyanye na Wikipedia
Igishanga

igishanga cya Mugonero gifite hegitare 50, kiri mu murenge wa Mahembe mu karere ka Nyamasheke, bivugwa ko nta musaruro w’umuceri bafite biturutse ku kuba amazi atakigera mu miyoboro y’igishanga.[1]

umuceri[hindura | hindura inkomoko]

Aba baturage bavuga ko mbere bezaga umuceri mwinshi ariko aho sosiyete y’Abashinwa itunganyirije ikiraro kiri hejuru y’umugezi wa Kiboga amazi atakinjira mu miyoboro, mbere amazi yarazaga neza nta kibazo ariko aho abashinwa baziye ntitwongeye kuyabona, ubu turahinga ntidusarure. nta musaruro tuzabona kubera kubura amazi kuko imvura ntacyo itumariye, ubu umuceri wagomba kuba uzanye uruyange.” Akomeza avuga ko mbere yezaga imfuka 100 y’umuceri utonoye ariko ko ubu abona nta na 50 azabona.[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 https://www.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/nyamasheke-nta-musaruro-w-umuceri-biteze-kubera-amazi-atakigera-mu-miyoboro-y?url_reload=21