Ibyo u Rwanda rwakuye mu nama ya COP27

Kubijyanye na Wikipedia

Kuva tariki 6 kugeza ku wa 18 Ugushyingo 2022, intumwa z’ibihugu bitandukanye zahuriye mu mujyi wa Sharm El Sheikh mu Misiri ziganira ku ngaruka z’imihindagurikire y’ibihe n’uburyo bwo kuzikumira no guhangana na zo mu nama izwi nka COP [Conference of the Parties] yabaye ku nshuro ya 27.

Ni inama u Rwanda rwitabiriye rwitwaje ingingo zirimo gukurikirana uburyo ibihugu bikize bigomba kugaragaza uko bigira uruhare mu kongera amafaranga yo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ibihe.

Reba[hindura | hindura inkomoko]

[1]

  1. http://mobile.igihe.com/ibidukikije/article/ikigega-cya-miliyoni-104-ibyo-u-rwanda-rwakuye-mu-nama-ya-cop27