Ibiti mu ruhango

Kubijyanye na Wikipedia
GUtera Ibiti mu Ruhango

Intangiriro[hindura | hindura inkomoko]

gahunda yo gutera ibiti byera imbuto ziribwa kugira ngo barusheho kurwanya imirire mibi, no kwizigamira amafaranga bazihaha ku masoko.[1][2]

Imiganda[hindura | hindura inkomoko]

Ibiti

abaturage guhana imiganda hakurikijwe ubumenyi bafite uko bagiye baturanye, niba ari umufundi akaba yafasha abaturage kubakira abaturanyi babo, niba ari umuganga akaba yafasha kurwanya imirire mibi no kubungabuga ubuzima, yaba ari umunyamategeko akaba yagira uruhare mu gufasha abaturage kuyasobanukirwa.[1]

Avoka[hindura | hindura inkomoko]

Igiti cy'avoka

Avuga ko ubundi gahunda ya Leta iteganya ko buri rugo rugira ibiti bitatu byera imbuto ziribwa, kandi ko abatarabitera bagomba kubikora kugira ngo bagire uruhare mu kurwanya imirire mibi mu bana. Avuga ko ubundi gahunda ya Leta iteganya ko buri rugo rugira ibiti bitatu byera imbuto ziribwa, kandi ko abatarabitera bagomba kubikora kugira ngo bagire uruhare mu kurwanya imirire mibi mu bana.[1]

imirwanyasuri[hindura | hindura inkomoko]

Imiryanyasuri

kandi ko imirwanyasuri baciriwe izabafasha guhangana n’isuri yavaga mu musozi wa Gisanga, kuko hari n’inzu y’umuturage iherutse gusenywa n’imivu y’amazi ava kuri uwo musozi kandi abaturage bagiraga impungenge zo kuwutura munsi utarwanyijeho isuri.[1]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 1.2 1.3 https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/ruhango-mu-murenge-wa-mbuye-bateye-ibiti-500-bya-avoka
  2. https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ruhango-urubyiruko-rwiyemeje-gukemura-burundu-ikibazo-cy-ingo-zidafite