Ibiti bisaga miliyoni 36 bigiye guterwa mu Rwanda

Kubijyanye na Wikipedia

U Rwanda rwiyemeje gutera ibiti miliyoni 36 birimo iby’imbuto ziribwa n’ibivangwa n’imyaka muri uyu mwaka mu kubungabunga ibidukikije binyuze mu kongera ubuso buteyeho amashyamba.

Mu gihe Isi yizihiza ku nshuro ya 47 umunsi mpuzamahanga wo gutera igiti, u Rwanda narwo rwateguye icyumweru cyahariwe gutera ibiti, aho Minisiteri y’Ibidukikije n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba byamaze gutegura ibigomba gukorwa mu kongera ubuso bw’amashyamba.

Reba[hindura | hindura inkomoko]

[1]

  1. http://mobile.igihe.com/ibidukikije/article/ibiti-bisaga-miliyoni-36-bigiye-guterwa-mu-rwanda