Ibitaro bya Muhima

Kubijyanye na Wikipedia

Ibitaro by a Muhima ni ibitaro biherereye mu Rwanda mu Karere ka Nyarugenge. Ibi bitaro by a Muhima kugeza ubu umuyobozi mukuru wabyo ni Dr Pascal Nkubito.

UMWIHARIKO WI BITARO BYA MUHIMA[hindura | hindura inkomoko]

Ibitaro by a Muhima nkuko twabivuze hejuru biherereye mu Karere ka Nyarugenge icyintu cyambere bizwiho ko byakira n'i ukwita kubabyeyi babyara,ikindi kandi bizwiho ni ukwita kubana bakiri bato.[1]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.rba.co.rw/post/Akarere-ka-Nyarugenge-kagatangaje-ko-ibitaro-bya-Muhima-biye-kwagurwa