Ibitare bya Mashyiga

Kubijyanye na Wikipedia

Ibitare bya Mashyiga biherereye mu Mudugudu wa Kokobe mu Kagari ka Bitare mu Murenge wa Karama, ni ibitare bigerekeranye wagira ngo ni amashyiga ateretseho inkono.

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Aha mu bitare bya Mashyiga kandi ni naho hari ibimenyetso by’igisoro cy’Umwami Ruganzu wa 2 Ndoli mu mwaka wa 1510-1543. Ni naho hatwikiwe abagore 2 b’Umwami Yuhi wa 3 Mazimpaka.

Ibindi[hindura | hindura inkomoko]

Ubuyobozi bw’Akarere kandi buvuga ko mu nyigo bufite buteganya gutunganya n’Ibitare bya Mpushi biherereye mu Murenge wa Nyarubaka.

Usibye abahakorera ingendo zishingiye ku iyobokamana, abakora ubukwe n’abahanzi b’indirimbo zitandukanye bakunze kuhasohorera amashusho.

Reba[hindura | hindura inkomoko]

[1]

[2]

  1. http://mobile.igihe.com/ubukerarugendo/article/amajyepfo-abikorera-beretswe-amahirwe-ari-mu-bukerarugendo-akeneye-kubyazwa
  2. https://indorerwamo.com/kamonyi-ibitare-bihuza-imana-nabayizera-bya-mashyiga-bigiye-kuba-ahantu-nyaburanga/