Jump to content

INKOMOKO YA RWAMAGANA

Kubijyanye na Wikipedia

iyo uvuze RWAMAGANA buri wese ahita yumva kamwe m'uturere tugize intara y'iburasirzuba ariko abantu benshi nibazi aho iyo nyito y'irizina yavuye n'uko ryakomeje rikitirirwa bimwe mu bikora biranga muri akakarere.[1]

nk'uko kigari today igenda ibagezaho inyito zahantu hatandukanye yabakusanyirije yabakusanyirije inkomoko y'izina Rwmagana maze iganira na nsanzabera jean de dieu umusizi akaba n'inzobere mu muco,amateka,ubuvanganzo,umurage n'intekerezo z'urwanda,atubwira aho izina Rwamagana ryakomotse.[2]

INKOMOKO Y'IZINA RWAMAGANA[hindura | hindura inkomoko]

nsanzabera jean de dieu avuga ko izina Rwamagana ryaturutse ki isho ry'inka ryari ryororewe muri kariya gace abantu bavuga ko ari iwabo w' amaga y'inka,ati izina Rwamagana ryaturutse ku magana y'inka yororeraga muri kariya gace noneho abantu baba bagannye kuri uwo musozi bakavugana ko bagiye iwabo w'inka z'amagana.[3]

nsanzabera akomeza kutubwira akomeza asobanura izina rwamagana riva ku magana y'inka yahororerwaga bikaba bisobanuye inka nyinshi,izina ryaje guhama gutyo biturutse kuri ayo magana y'inka yahororerwaga ku buryo ryaje kuba izina rya kamwe m'uturere tugize intaray'iburasirazuba.[4]

IBIKORWA BIRI MUKARERE KA RWAMAGANA[hindura | hindura inkomoko]

  1. ibitaro bya rwamagana
  2. isoko
  3. paruwasi
    rwamagana
  4. amashuri y'itirirwa izina rya rwamagana.[5]
  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/menya-inkomoko-y-izina-rwamagana
  2. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/menya-inkomoko-y-izina-rwamagana
  3. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/menya-inkomoko-y-izina-rwamagana
  4. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/menya-inkomoko-y-izina-rwamagana
  5. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/menya-inkomoko-y-izina-rwamagana