Jump to content

IMIRIMO YUDUSHYA YAHANZWE NURUBYIRUKO

Kubijyanye na Wikipedia

rumwe murubyiruko rwabashije kwihangira imirimo rurakangurura bagenzi barwo gushirika ubute bagakora ubushakashatsi ku byo abandi bakora, kugira ngo babashe kwihangira imirimo igamije udushya.

Ni ibitangazwa n’umwe muri uru rubyiruko witwa Maria Kamikazi, watangije ikigo cyitwa Angaza Ltd gitunganya ibikoresho binyuranye byo gutwaramo ibintu nk’ibikapu n’amakofi bikozwe mu bikoresho byo kwamamazaho (Banners, Pull-ups) bitagikoreshwa.

cyo kigo yatangije afite igishoro cy’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu gusa, cyashoboye gukura ku buryo kuri iki gihe ateganya ko mu minsi iza kizaba kigeze ku rwego rwiza, nk’uko yabitangarije mu kiganiro “YouthConnekt Hangout” kuri uyu wa gatatu tariki 23 Kanama 2015.https://www.kigalitoday.com/ubukungu/iterambere/article/urubyiruko-rurasabwa-kwihangira-imirimo-ruhanga-udushya