Jump to content

IBIYOBYA BWENGE MURUBYIRUKO

Kubijyanye na Wikipedia

Ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge ni ikibazo gikomereye ibihugu byose by’Isi bihuriyeho, kigahangayikisha n’abayituye. Umuryango mpuzamahanga washyizeho umunsi wo kurwanya ibiyobyabwenge uba tariki ya 26 buri mwaka, hagamijwe gufasha abatuye Isi kubireka, kuko byangiza ubuzima bwa muntu.

Ikigo cyi gihugu cyita kubuzima (RBC)gitangaza urutonde rwibiyobyabwenge biteganywa n’amategeko Igihugu cy’u Rwanda kigenderaho, kandi bigahanwa n’amategeko ku muntu wese ubikoresha. Ibikunze kugaragara ni urumogi, kanyanga, mayirungi, Mugo (Heroin), lisansi, kole, Chief waragi, Suzie waragi, cocaine, muriture n’ibinini byo kwa muganga bikoreshwa nk’ibiyobyabwenge nka Rohypinol, Diazepam na Morphine.

mumpanvu zikunze kuvugwa ku ikoreshwa ryibiyobyabwange,harimo ko ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge ryorohereza ababikoresha kubibona, harimo amakuru avuga icyo bitanga mu mubiri w’ababikoresha, agakungu/ikigare, ibibazo bijyanye n’amarangamutima, ibitekerezo, ubumenyi buke ku ngaruka zabyo, umwuga umuntu akora, aho umuntu atuye, abo abana nabo. aha hose hagaragara ikoreshwa ryibiyobya bwenge bigatera uburwayi bwo mumutwe.

Inyandiko zifashishijwe[hindura | hindura inkomoko]