IBIYOBYABWENGE MURUBYIRUKO

Kubijyanye na Wikipedia

IBIYOBYABWENGE MU RUBYIRUKO[hindura | hindura inkomoko]

Ibiyobyabwenge n'ikintu cyose ushobora gufata ukinweye cyangwa ukiririye kigatuma ukora ibintu utari wateguye uruhare runini ibyo bintu bikaba ari bibi cyane nko guhohotera mugenzi wawe, kwiba n'ibindi.


Mu Rwanda kandi ngo bemera ko inzoga zikorewe mu ruganda nazo zishobora kuba ibiyobyabwenge iyo zanyowe ku rugero ruri hejuru.Minisiteri y'urubyiruko n' inshingano mboneragihugu igaragaza ko ikibazo kibiyobyabwenge murubyiruko cyafashe indintera

Iyi ministeri ivuga ko iyi mibare iteye impungenge kuko yugarije igice kinini cy'Abanyarwanda dore ko abasaga 55% ari urubyiruko.

Urwego rw'igipolisi rushinzwe kugenza ibyaha rwo ruvuga ko abantu bagera kuri 70% by'abo bafunze baba bakurikiranyweho kunywa cyangwa gucuruza ibiyobyabwenge.

Iki gipolisi kivuga kandi ko gitewe impungenge no kuba mu Rwanda hatangiye kuba inzira y'ibiyobyabwenge bihanyura bijya ku yandi masoko nk'iry'Uburayi.[1]

IKO BYAKIRINDWA[hindura | hindura inkomoko]

Urubyiruko rusabwa gukurikiza amategeko n' amabwiriza kuko ibiyobyabwenge ari kimwe mubintu bihangayikishije.

ishakiro[hindura | hindura inkomoko]

1.https://www.bbc.com/gahuza/amakuru-36633358

2.https://www.rbc.gov.rw/fileadmin/user_upload/mental/men/8.4.%20RBC%20booklet%20ibiyobyabwenge.pdf

3.http://197.243.22.137/migeprof/fileadmin/user_upload/KURWANYA_IBIYOBYABWENGE_MU_RUBYIRUKO-2.pdf

  1. https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/umushyikirano-inzoga-n-ibiyobyabwenge-mu-rubyiruko