Hôtel des Chutes

Kubijyanye na Wikipedia

Hôtel des Chutes ifite umwihariko wo kuba ari yo ya mbere yazamuwe mu Karere ka Rusizi.

Aho iherereye[hindura | hindura inkomoko]

Iherereye neza mu ntambwe nke uvuye ku Mupaka wa Rusizi I utandukanya Umujyi wa Kamembe n’uwa Bukavu.

Nyuma y’igihe yaje guhagarika ibikorwa byayo ndetse kuri ubu ugeze aho iri ubona yarahindutse nk’itongo.

Amateka[hindura | hindura inkomoko]

Hôtel des Chutes ni yo yacumbikagamo Umwami Mutara III Rudahigwa agiye gusura se [Umwami Yuhi V Musinga] wari warirukanywe mu Rwanda, akoherezwa i Moba muri RDC aho yatangiye ku wa 25 Ukuboza 1944.

Ibindi[hindura | hindura inkomoko]

Kuri ubu iyi hoteli hari umushoramari wamaze kuyigura, witegura kuyivugurura ku buryo n’icyumba Rudahigwa yararagamo kizagumana umwimerere wacyo.

Reba[hindura | hindura inkomoko]

[1]

  1. http://mobile.igihe.com/ubukerarugendo/article/kuva-mu-bigabiro-bya-musinga-kugera-ku-mashyuza-ya-bugarama-ahantu-nyaburanga