Jump to content

Gutiza igishanga kidakomye

Kubijyanye na Wikipedia
Igishanga

Gutiza igishanga kidakomye ni urwego rubifitiye ububasha rushobora gutiza umuntu cyangwa urwego rwa Leta igishanga kidakomye hagamijwe kukibyaza umusaruro. Mu gutiza ubutaka bw’igishanga kidakomye hitabwa ku nyungu z’abaturage basanzwe bagikoresha cyangwa abagituriye mu gihe bujuje ibisabwa, Gutiza igishanga kidakomye bikorwa mu buryo bw’amasezerano akorwa hagati y’urwego rubifitiye ububasha n’uwasabye gukoresha icyo gishanga wemerewe gutizwa hashingiwe ku mushinga uzakorerwamo.[1][2]

  1. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abadepite-bemeje-ishingiro-ry-umushinga-w-itegeko-rigenga-ubutaka-mu-rwanda
  2. https://rba.co.rw/imiryango-12-ituriye-ibishanga?lang=rw