Gusogonera

Kubijyanye na Wikipedia

Gusogongera[hindura | hindura inkomoko]

Gusangira nkumuco wabanyarwanda mukuganura ibyo bejeje

gusogongera ni umuco mu Rwanda bakora iyo hari ahantu habaye ubukwe

cyangwa ibindi birori birimo imibatizo nibindi

Akamaro[hindura | hindura inkomoko]

Umuco wo gusangira

nko muri ibibihe gusogongera inzoga munganda zimwe nazimwe zibikora ni Akazi umuntu ahemberwa

kandi akaba yarabyigiye ndetse akaba anabifitemo uburambe ntago wakora akazi ko gusogongera

inzoga utazinywa[1]

Agashya[hindura | hindura inkomoko]

gusogongera bisaba umuntu uba azwi nk umusinzi koko kuburyo agomba kuba azi amoko

menshi atandakunye y inzoga

Reba[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/ntibisanzwe/article/umurimo-wo-gusogongera-inzoga-usaba-uwukora-kuba-yarazihebeye