Gahunda za Leta zifasha abafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

Gahunda za Leta zifasha abafite ubumuga[hindura | hindura inkomoko]

Bimaze kugaragara ko mu Rwanda abafite ubumuga bwo kutumva bahura ni ikibazo cyo kwitabira

gahunda za Leta zirimo nk'inama, umuganda, kimwe nizindi gahunda zibera munzego zibanze ariko

bagataha amara masa kuko ntakinu nakimwe baba bumvise [1]

Ingamba za Leta[hindura | hindura inkomoko]

Kubera imbogamizi abafite ubumuga bwo kutumva bagaraje ndetse bavugako ari nayo mpamvu usanga[2]

gahunda za leta nyinshi banga kuzitabira cyangwa bakazitabira bagenda biguru ntege kandi gahunda za

Leta ari izaburiwese. Leta yu Rwanda yafashe ingamba ko ururimi rw'amarenga rwashyirwa mundimi[3]

zikoreshwa mu Rwanda ndetse rukigishwaabantu bose kugirango batazajya biheza kandi gahunda za

Leta ari izaburi wese.ni muri ubwo buryo Leta u Rwanda ahise ishyiraho inkoranyamagambo y'ururimi

Rw'amarenga izifashishwa mugutuma abantubose barumenya.

Amakuru fatizo[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://bwiza.com/?Abafite-ubumuga-bwo-kutumva-no-kutavuga-iyo-bitabiriye-gahunda-za-Leta-ntacyo
  2. "Archive copy" (PDF). Archived from the original (PDF) on 2022-11-11. Retrieved 2024-01-21.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  3. https://kiny.taarifa.rw/asaba-leta-gufasha-abafite-ubumuga-kwifasha/