Dominique Nshuti Savio

Kubijyanye na Wikipedia

Nshuti Dominique Savio ni umukinnyi w'umupira w'amaguru, ubu ukina mu ikipe ya Police FC.[1] aho yabanje gukina mu ikipe ya AS Kigali ahawe akayabo ka miliyoni 16 z’amafaranga y’u Rwanda, ubwo yari avuye muri APR FC, nabwo yari avuye muri ikipe ya Rayon Sports Fc, akaba afite umukobwa w'inshuti ye bakundana witwa Umutesi Tricia Tracy.[2]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.isimbi.rw/siporo/article/amaherena-yatumye-nshuti-dominique-savio-atabanza-mu-kibuga
  2. https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/umukunzi-wa-nshuti-savio-yakoresheje-ikidage-mu-kugaragaza-ko-yamwihebeye