College of Business and Economics

Kubijyanye na Wikipedia

Ishuri Rikuru ry’Ubucuruzi n’Ubukungu(CBE) ryashyizweho ku mugaragaro mu rwego rwa kaminuza y’u Rwanda ku itegeko 38 ryo ku ya 23/09/2013. Ryahoze ari Ishuri ry’Imari n’amabanki ariko ubu akaba yarahujwe mu rwego rwa kaminuza yu Rwanda (UR).[1]

Ishuri Rikuru ry’Ubucuruzi n’Ubukungu (CBE) ni rimwe muri kaminuza esheshatu zigizwe na kaminuza y’u Rwanda, ikigo cy’amashuri makuru ya Leta yo mu Rwanda, cyashyizweho n’amategeko NO 71/2013 ryo ku ya 10fO9 / 2O3 kandi kigena inshingano, ububasha, imitunganyirize n’imikorere. CBE ifite ibigo bine byingenzi birimo Gikondo, Huye, Nyagatare na Rusizi. CBE ni ikigo cyihariye mu bucuruzi, mu bukungu, mu bukerarugendo no mu kwakira abashyitsi.[2]

University of Rwanda headquarters
  1. https://schoolsinrwanda.com/listing/college-of-business-and-economics-cbe/
  2. "Archive copy". Archived from the original on 2022-01-26. Retrieved 2022-01-26.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)