Jump to content

Bizimana Yannick

Kubijyanye na Wikipedia

Bizimana Yannick yavutse kuwa 02/06/1998[1][2] ni umukinnyi w'umupira wamaguru ukina muri Bugesera FC mbere yaho yarari muri APR FC kuva taliki ya 22 Gicurasi 2020, Kuwa Kane taliki ya 20 Kamena 2019, aza gukina nomuri AS Muhanga[3] nyuma nibwo yasinyiye Rayon sports fc yamutanzeho miliyoni 10 FRW zirimo 5 yahawe ndetse n’izindi 5 zahawe AS Muhanga na Giticyinyoni.[4][5] yabaye umujura yiba ibitego kuko bamuhaye bitugukwaha.[6]