Amateka y'umuhanda wo Kwamutwe

Kubijyanye na Wikipedia

Imiterere[hindura | hindura inkomoko]

Tour du Rwanda

Ni umuhanda w’amabuye[1] utari muremure ariko uzamuka ukaba ugizwe n'amabuye ahuza Kimisaga na Biryogo.[2]Ubusanzwe ni mu murenge wa Gitega[3], akagari ka Munanira mu karere ka Nyarugenge, gusa n’umurenge wa Rwezamenyo urahagera, ni yo mpamvu umuntu ugiye yo agira uburyo aharanga bitewe n’aho agana.[4]

Gutwara igare

Inkomoko y'Izina[hindura | hindura inkomoko]

Mutwe witiriwe uyu muhanda, yari umugabo wari uhatuye ubu utakiriho wasize izina kubera ko ari we wakoresheje uriya muhanda, mu gihe kera habaga akayira gato azana imodoka ihaca umuhanda bahamwitirira gutyo.[5]

Ibihabera[hindura | hindura inkomoko]

kuri uyu muhanda ufite umwihariko mu kuryoshya Tour du Rwanda bitewe nuko hazamuka.

Azamuka Kwa Mutwe
Tour de Rwanda
  1. https://inyarwanda.com/inkuru/85140/umuhanda-wo-kwa-mutwe-uryoshya-tour-du-rwanda-uri-gusanwa-am-85140.html
  2. https://inyarwanda.com/inkuru/85140/umuhanda-wo-kwa-mutwe-uryoshya-tour-du-rwanda-uri-gusanwa-am-85140.html
  3. https://www.kigalitoday.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/aha-hantu-hamamaye-ku-mazina-y-abantu-ubusanzwe-hitwa-hate
  4. https://www.kigalitoday.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/aha-hantu-hamamaye-ku-mazina-y-abantu-ubusanzwe-hitwa-hate
  5. https://www.kigalitoday.com/amakuru/utuntu-n-utundi/article/aha-hantu-hamamaye-ku-mazina-y-abantu-ubusanzwe-hitwa-hate