Amahame mpuzamahanga agenga gushyira mubyiciro abafite ubumuga

Kubijyanye na Wikipedia

kuya 18 /03 / 2014 mu Rwanda nibwo hatangijwe umunsi mpuzamahanga ugenga gushyira mubyiciro abafitte

ubumuga ni umuhango wabereye mubitaro bya Gahini mu Karereka Kayonza.[1]

Umumaro[hindura | hindura inkomoko]

Ubusanzwe abafite ubumuga bari barashyizwe mu byiciro bitanu (5) aribyo[2]

1, Abafite ubumuga bwo kutabona

2,Abafite ubumuga bwo ku tumva

3,Abafite ubumuga bwo mumutwe

4 ,Abafie ubumuga bw'ingingo

5,Abafite ubumuga bwo kutavuga

Gusa ngo ugasanga hari abantu bafite ubwokobumwe bw'ubumuga (mbese bamugaye kimwe) ariko ugasanga

batababaye kimwe ndetsen'ubufasha bakeneye atari bumwe bityo bikagorana mukumenya ubufasha bwagenerwa

buri wese mubafite ubumuga.

Uko ibyiciro bikorwa[hindura | hindura inkomoko]

Ikiciro cyambere cy'abafite ubumuga bukomeye kijyamo abafite amanota kuva kuri 90 kugeza ku 100

Ikiciro cyakabiri kijyamo abafite amanoa ageze kuri 70 kugeza kuri 89, ikiciro cya gatatu gihera kumanota

50 kugenda kugeza kuri 69, naho ikiciro cya kane nukuva kumanota 30 kugeza kuri 49,ikiciro cya gatanu

ari nacyyo cyanyuma kijyamo abafite ubumuga buri munsi ya amanota 30`

Shakira Hano[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://www.kigalitoday.com/ubuzima/urusobe-rw-ubuzima/Abaganga-bahuguriwe-gushyira-mu-byiciro-abafite-ubumuga-barasabwa-kubikorana
  2. https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/hatangiye-ibarura-ry-abafite-ubumuga-mu-rwanda