Aisa Cyiza

Kubijyanye na Wikipedia

Aisa Cyiza ni umunyakuru kuri Royal FM ubusanzwe akora ikiganiro kitwa AM to PM gitangira saa tanu z'amanywa kugeza saa munani z'umugoroba akaba akundwa nabatari bake kubera ijwi rye. Aisa Cyiza yatangiye umwuga w'itangazamakuru muri 2012 ubu maze imyaka irindwi awukora ni umunyamakuru wavutse mu 1990.[1]Aisa Cyiza ni umunyamakuru wamenyakanye cyane ubwo yakoraga kuri radio Isango Star, kuri ubu akaba ari kubarizwa kuri Royal FM aho ari gukorera ikiganiro Roya Drive na MC Tino wavuye kuri KFM kikaba ari ikiganiro gikunzwe nabantu benshi bakurikira iyi Radiyo.[2]

Ishakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. Nsengiyumva, Emmy. "Twaganiriye n'umunyamakuru Aissa Cyiza wakuze ashaka kuba umunyapolitike ukomeye aduhishurira byinshi ku buzima bwe bwite-VIDEO - Inyarwanda.com". inyarwanda.com (in Icyongereza). Retrieved 2022-05-04.
  2. Nsengiyumva, Emmy. "Ku munsi we w'amavuko Aissa Cyiza yatunguriwe n'abafana ku kazi agakora asize ifu–Amafoto +Video - Inyarwanda.com". inyarwanda.com (in Icyongereza). Retrieved 2022-05-04.