Abaturage b’i Kabare igihombo cy’Imvubu zibonera imyaka

Kubijyanye na Wikipedia
Imvubu

Abaturage bo mu Murenge wa Kabare basaba gushakira igisubizo ikibazo cy’imvubu ziri mu idamu yubatswe zikaba zibonera imyaka; Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza buvuga ko buzabakorera ubuvugizi .

Ibyo wamenya[hindura | hindura inkomoko]

Ni ikibazo kigaragazwa n’abaturage bo mu Kagari ka Gitara bari mu bavuga ko bonerwa imyaka n’imvubu zaje zivuye muri Pariki y’Akagera.  Bavuga ko bwa mbere yaje ari imwe y’ikigabo haza kuza ikigore zibyara kabiri, nyuma yaho imwe yaje kuraswa ubu hasigayemo eshatu.[1]Izi mvubu aho ziri ni mu idamu yubakiwe abaturage mu rwego rwo kubafasha kubona amazi yo kuhira imyaka yabo. Abaturage bavuga ko umunsi ku wundi iyi damu igenda yiyongera ubunini bituma batakigira ikibazo cyo kuhira imyaka yabo, ni idamu aba baturage bakorewe mu mwaka wa 2018.[2]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://muhaziyacu.rw/amakuru/abaturage-bi-kabare-babangamiwe-nimvubu-zibonera-imyaka/
  2. https://muhaziyacu.rw/amakuru/abaturage-bi-kabare-babangamiwe-nimvubu-zibonera-imyaka/