Abana batewe inda

Kubijyanye na Wikipedia

Abana batewe inda[hindura | hindura inkomoko]

Muri iki gihe igihugu cyacu gihangayikishijwe n'abana b'abakobwa batwara inda bakiri bato. Akaba ari muri urwo rwego hagenda hashyirwaho ibihe by'umwihariko byo kurwanya iryo hohoterwa rikorerwa abo bana. [1]

Buri muntu arashishikarizwa gukumira ihohoterwa iryo ariryo ryose kugirango duharanire kugira iguhugu cyiza mu minsi iri imbere.

Inyandiko zifashishijwe 

[https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abangavu-ibihumbi-13-batewe-inda-mu-mezi-atandatu