Abafite ubumuga babayeho gute
IMIBEREHO Y'ABAFITE UBUMUGA[hindura | hindura inkomoko]
Abafite ubumuga babayeho gute munzwgo zitandukanye zubuzima[hindura | hindura inkomoko]
ndetse no mubandi baturage.[hindura | hindura inkomoko]
Mu bwongereza habereye Inama mpuza mahanga y'abafite ubumuga irangira
ibihugu bitandukanye ku isi bishyizeho ingamba zigamije kurengera abafite
ibibazo bitandukanye by'ingingo. [1]
Intego nyamukuru ziyi nama yaruguhindura ubuzima
bwabaffite ubumuga hibanda kuhakigaragara kutubahiriza uburenganzira
bwabo, gushishikariza imiryango itandukanye guhra kandi bagashyiraho ingamba
zinjyanye nagahunda za loni zirengera abafite ubumuga.[2]
Mu buvuzi hakozwe iki[hindura | hindura inkomoko]
Ndayisaba yavuze ko nyuma yo kumenya umubare wabafite ubumuga, habayeho
nokumenya ibyiciro byabo nutanga ubufasha ajyire aho ahera afasha.[3]
Yavuzeko hahise hatangwa amakarita yabafite ubumuga. kugeza ubu ikibazo kigihari nuko
insimbura ngingo batarazemera ariko twaganiriye na Minisiteli zibishanzwe kandi bemerako mu
mwaka utaha nazo bazazishyiramo.[4]