Abafite ubumuga babayeho gute

Kubijyanye na Wikipedia

IMIBEREHO Y'ABAFITE UBUMUGA[hindura | hindura inkomoko]

Abafite ubumuga babayeho gute munzwgo zitandukanye zubuzima[hindura | hindura inkomoko]

ndetse no mubandi baturage.[hindura | hindura inkomoko]

Mu bwongereza habereye Inama mpuza mahanga y'abafite ubumuga irangira

ibihugu bitandukanye ku isi bishyizeho ingamba zigamije kurengera abafite

ibibazo bitandukanye by'ingingo. [1]


Intego nyamukuru ziyi nama yaruguhindura ubuzima

bwabaffite ubumuga hibanda kuhakigaragara kutubahiriza uburenganzira

bwabo, gushishikariza imiryango itandukanye guhra kandi bagashyiraho ingamba

zinjyanye nagahunda za loni zirengera abafite ubumuga.[2]

Mu buvuzi hakozwe iki[hindura | hindura inkomoko]

Ndayisaba yavuze ko nyuma yo kumenya umubare wabafite ubumuga, habayeho

nokumenya ibyiciro byabo nutanga ubufasha ajyire aho ahera afasha.[3]

Yavuzeko hahise hatangwa amakarita yabafite ubumuga. kugeza ubu ikibazo kigihari nuko

insimbura ngingo batarazemera ariko twaganiriye na Minisiteli zibishanzwe kandi bemerako mu

mwaka utaha nazo bazazishyiramo.[4]

Inkomoko[hindura | hindura inkomoko]

1.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

2.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

3.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima

4.https://mobile.igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/abafite-ubumuga-babayeho-bate-mu-nzego-zitandukanye-z-ubuzima