Jump to content

AMATEKA Y'U RWANDA

Kubijyanye na Wikipedia

INGOMA Y'IGASABO

Igihugu cy'urwanda rugari rwagasabo nicyo cyahanzwe nyuma yibindi bihugu byari bigize u Rwanda rwohambere, kuko cyahanzwe ahasaga mu w' 1000, kungoma ya Gihana I Ngomijana akaba ariwe wabimburiye abami b'umushumi b'i gasabo gutegeka icyo gihugu.

ku ngoma ya Ruganzu I Bwimba ahsaga mu w' 1312, niho ingoma nyiginya yitiriwe u Rwanda , mbere yaho, yitwaga ingoma yi Gasabo gusa izina Rwanda, rikaba ryaravuye kubitero byagabwe n'abami bicyo gihugu bashaka kucyagura.

umurwa mukuru wabo wari gasabo , bikaba ninkomoko y'imvugo "RWANDA RUGARI RWA GASABO". Ngihanga akimara kwima , ikiranga butegetsi cye cyari" INYUNDO". Nyuma iyo ndangabutegetsi ya gihanga yaje gusimburwa ni ngoma ngbe "RWOGA" ari nayo ngoma ya mbere ndangabwmi bwabanyiginya.

iyo usesenguye amateka yibihugu byari bigize uru rwanda usanga tuzi ubu, Abasinga nibo bari bafite igice kinini.[1]

  1. https://rwiyemeza.com/kn/mordet.php?titID=577cbf24f397ae30be7ccd4951125dda2cc&vario=229a9f382b7e96e8e74cf5c299f6634e5d&titNm=Amateka%20y%27u%20Rwanda%2020%20: