Urutare wa ngarama
Urutare Rwa Ngarama[hindura | hindura inkomoko]
Urutare rwa Ngarama ruherereye muntara y'i Burasirazuba mukarere ka Gatsibo mumurenge wa Ngarama
mukagari ka Ngarama mu mudugudu wa Ibare[1] uru Rutare ruzwi cyane mu mateka y'u Rwanda
Amateka[hindura | hindura inkomoko]
Urutare rwa Ngarama ni urutare ruvugwaho amateka menshi atandukanye cyane ko bavugako ariho
Ngarama wari umugaragu wu Mwami Ruganzu ariho yiciye Saruhara rwa Nkomokomo[2]
Aho ruherereye[hindura | hindura inkomoko]
Urutare rwa Ngarama ruherereye m' umurenge wa Ngarama mu Kagari ka Ibare uvuye mubyapa bya Ngarama [3]
ni hagati ya kirometero 20
Ubukerarugendo[hindura | hindura inkomoko]
Urutare rwa Ngarama ni urutare rusurwa cyane kuko rukoreshwa no mu burezi kuko rw'igirwaho n'abana bakiri bato
Reba[hindura | hindura inkomoko]
- ↑ https://www.rwandagorillasafaris.com/blog/urutare-rwa-ngarama.html
- ↑ "Archive copy". Archived from the original on 2021-06-24. Retrieved 2021-06-24.
{{cite web}}
: CS1 maint: archived copy as title (link) - ↑ http://thebridge.rw/urutare-ngarama-yivuganiyeho-saruhara-rwa-nkomokomo/