Hakizimana Muhadjiri

Kubijyanye na Wikipedia
Kapiteni Haruna Umuvandimwe wa Muhadjiri

Hakizimana Muhadjiri ni umukinnyi w’imyaka 26, ukina nkababigize umwuga muri ikipe Al Kholood muri Sawudi Arabiya yavuye mu Rwanda nyuma y’imyaka itatu akinira APR FC yari yaragezemo muri Nyakanga 2016 avuye muri AS Kigali, nayo yari yamuguze muri Mukura Victory Sports yari amazemo imyaka ibiri.[1] Hakizimana Muhadjiri uvukana na kapiteni w’Amavubi, Haruna Niyonzima, yatowe nk’umukinnyi mwiza w’umwaka w’imikino wa 2017/18 mu Rwanda, Nyuma yo kuzamurwa n’umutoza Mungo Jitiada wiyita Vigoureux, kandi yakiniye ikipe ya Etincelles na Emirates Football Club yakiniraga muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kuva muri Nyakanga 2019.[2][3][4]

AMASHAKIRO[hindura | hindura inkomoko]

  1. https://umuryango.rw/ad-restricted/urukundo/inkuru-z-urukundo/article/muhadjiri-yagaragaye-ari-mu-bihe-byiza-n-umukobwa-w-uburanga-amafoto
  2. https://www.isimbi.rw/siporo/article/hakizimana-muhadjiri-yatangiye-neza-mu-ikipe-ye-nshya
  3. https://umuryango.rw/imyidagaduro/imikino/article/biravugwa-hakizimana-muhadjiri-yasinyiye-ikipe-ya-rayon-sports
  4. https://www.teradignews.rw/tag/hakizimana-muhadjiri/