Hakizimana Jean Claude

Kubijyanye na Wikipedia


Hakizimana Jean Claude uzwi nka Eddie Claude Mudenge ni umunyamakuru wabigize umwuga mu biganiro by’ imikino n’ imyidagaduro yakoreye ku maradiyo atandukanye nka radio Salus, radio Contact FM, City Radio na Flash FM Rwanda.[1][2][3][4]

Ubukwe[hindura | hindura inkomoko]

Eddie Claude Mudenge yakoze ubukwe n’umugore we witwa Uwamahoro Marie Josée mu rusengeo imbere y’Imana rwitwa Eglise Universelle mu Mujyi wa Kigali kuya 2 Nyakanga 2015.[1][2][3][4]

Siporo[hindura | hindura inkomoko]

Eddy Claude Mudenge asigaye ari umuvugizi wa Minisiteri, aho avugira  Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda, Eddy Claude Mudenge akaba yari Team Manager wa ekipe yabanyamkuru b'imikino, abanyamakuru b’imikino bo mu Rwanda ubwo yatangiye imyitozo ikomeye ku kibuga cya Ferwafa mu rwego rwo kwitegura umukino wo kwishyura bafitanye n’ikipe y'abanyamakuru ba Abarundi.[3][2][1][4]

Amashakiro[hindura | hindura inkomoko]

  1. 1.0 1.1 1.2 https://mobile.igihe.com/imyidagaduro/article/umunyamakuru-eddie-claude-mudenge?url_reload=true&debut_forum=10
  2. 2.0 2.1 2.2 https://kiny.taarifa.rw/hari-ibigo-bya-leta-binengwa-kwimana-amakuru-kandi-bibisabwa-nitegeko-bnr-minicom-rdb/
  3. 3.0 3.1 3.2 "Archive copy". Archived from the original on 2023-03-01. Retrieved 2023-03-01.{{cite web}}: CS1 maint: archived copy as title (link)
  4. 4.0 4.1 4.2 https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/Abanyamakuru-b-imikino-batangiye-imyitozo-ikaze-bitegura-Abarundi